Uko wasaba kwandikisha ishami ry’umuryango mpuzamahanga.
Búið til af Ivan Shema, Breytt Mon, 19 Jan kl 10:07 AM eftir Ivan Shema
Iyi serivisi igufasha kwandikisha ishami ry’umuryango washinzwe mu mahanga kugira ngo ukore mu Rwanda mu buryo bwemewe n’amategeko.
Ni bande bemerewe gusaba iyi serivisi?
imiryango mpuzamahanga ishaka gufungura ishami rishya ry’uwo muryango mu Rwanda
Uko wasaba Gusubukura Ibikorwa byari byarahagaritswe by’agateganyo:
Sura urubuga rwa One Stop Center: onestopcentre.rdb.rw.
Ni ibiki ukeneye mbere yo gutangira gusaba?
Dore ibyo ukeneye byose:
Ugomba kugira konti. Uko wafungura konti, kanda hano
Nimero ya telefoni cyangwa imeyili (iyo ubishatse) kugira ngo wakire kandi ukurikirane amakuru yaho dosiye yawe igeze.
Nimero iranga usora y’ikigo (TIN)
Indangamuntu cyangwa Pasiporo (National ID or Passport)
Igiciro | Igihe cyo gutunganya dosiye |
Ntiyishyurwa | Amasaha 6 |
Intambwe zikurikira ndetse nandi makuru
Icyemezo nuko Uruhushya ruzatangwa:
Iyo ubusabe bwanyu bwemejwe, muzakira ubutumwa bwemeza ubusabe bwanyu kuri imeyili cyangwa sms mwatanze muri gusaba.
2. Gutangwa kwa Sertifika/Lisansi:
Iyo ubusabe bwawe bwemejwe, uzahabwa sertifika y’ubu busabe binyuze kuri aderesi ya imeri cyangwa ubutumwa bugufi (SMS) watanze mu gihe cyo gusaba.
3. Ukeneye ubufasha cyangwa andi makuru:
Hamagara: 1415
Twandikire kuri imeyili : support@rdb.rw
WhatsApp: +250788321555
Var þessi grein gagnleg?
Það er frábært!
Þakka þér fyrir álit þitt
Því miður! Við gátum ekki verið hjálpleg
Þakka þér fyrir álit þitt
Viðbrögð send
Við kunnum að meta fyrirhöfn þína og munum reyna að laga greinina